AMAKURU ATANDUKANYE KU BYABEREYE MU KARERE

Imihigo y'Ingo n' Umugoroba w'ababyeyi, inkingi y'Itererambere ry'Umuturage

Mu rwego rwo kubaka Umuryango utekanye kandi ukungahaye, Leta y'u Rwanda yashyizeho gahunda zitandukanye zifasha mu kuzamura iterambere ry'umuryango.

Read more →

Hatashywe Irerero ribereye kuzamura uburezi

Kuri uyu wa 08/09/2019, mu Murenge wa Rwankuba, Akagari ka Bisesero hatashywe Irerero ECD ryubatswe ku nkunga y’Intore za Dieulefit binyujijwe kuri…

Read more →

Twagirayezu Emmanuel, Umuyobozi w'Agateganyo wa Karongi

Twagirayezu Emmanuel, watorewe kuba umuyobozi w'Akarere w'Agateganyo

Kuri uyu wa 05,Nzeri, 2019, Inama Njyanama y'Akarere yateranye ikaba yari…

Read more →

Abayozi ba koperative z’abatwara ibinyabiziga basabwe kubungabunga umutekano wo mu muhanda kugirango babashe kugera iyo bajya amahoro.

Ubutumwa bwatanzwe na Police kubari mu mahugurwa yabaye kuri uyu wa gatatu tariki 31 Nyakanga 2019 yahuriyemo abayobozi b’amakoperative y’abatwara…

Read more →

Karongi: Abayozi b’inzego z’ibanze bahuguwe ku ku kurwanya ihohoterwa.

Ni amahugurwa yabaye kuri uyu wa CPmbere tariki 22 Nyakanga agamije kwigisha kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina ndetse n’irikorerwa abana,…

Read more →

Umuyobozi wa Banki y’isi mu Rwanda yasuye imihanda ya Feeder Roads yubatswe mu Murenge wa Rugabano.

Yasser El- Gammal Umuyobozi uhagaririye Bank y’Isi mu Rwanda yasuye Akarere ka Karongi mu rugendo rwo gusura aho imihana ya Feeder Roads yubakwa na…

Read more →