Umuhango wo gutangiza ukwezi kwahariwe kuzirikana Ubumwe n'Ubudaheranwa bw'Abanyarwanda

Umuhango wo gutangiza ukwezi kwahariwe kuzirikana  k'Ubumwe n'Ubudaheranwa bw'Abanyarwanda wabereye mu Murenge wa Gashari ku wa 03/010/2022.

Umuhango witabiriwe n'Umuyobozi w'Akarere, Madamu Mukarutesi Vestine, wari n'Umushyitsi mukuru. Uyu muhango waranzwe n'ibyino, imivugo mdetse n'imbwirwaruhame z'Abayobozi batandukanye.
By'umwihariko, Mzee Abimana Mathias, Umuyobozi wa PSF mu Karere akaba n'umwe mu bagize Njyanama y'Akarere ka Karongi yatanze ikiganiro gikubiyemo impanuro zifasha abaturage gusigasira Ubumwe no kubaka Ubudaheranwa hagati yabo.

Mu ijambo rye, Umuyobozi w'Akarere yagarutse ku nsannyamatsiko y'umunsi igira iti: Uruhare rwa buri Munyarwanda mu kubumbatira ubumwe no kubaka Ubudaheranwa bw'Abanyarwanda.
 

Back