Hatashywe Umuyoboro w'amazi
Kuri uyu wa 22/06/2021, mu Murenge wa Mubuga, habereye igikorwa cyo gutaha umuyoboro waRubazo- Gasata- Gashinge -Mubuga

Umushyitsi Mukuru muri iki gikorwa ni Umuyobozi w’Intara y’Iburengerazuba, Bwana Habitegeko Francois, ari kumwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Iburengerazuba bakaba barakiriwe n’Umuyobozi w’Akarere, Mukarutesi Vestine
Umuyoboro watashywe watangiriwe kubakwa muri 2020
Ufiteuburebure wa 44.2Km, utanga 332 m3 ku munsi, ukaba ugeza amazi mu mirenege ya
- Runkuba mu Tugali twa ( Rubazo , Nyarusanga na Gasata-)
- Mubuga mu tugali twa ( Ryaruhanga, Murangara na Nyagatovu)
- Gishyita mu Kagali ka. (Musasa)

Abaturage umuyoboro ugezaho amazi ni 16,508, ukaba ufite agaciro kangana na: 454, 483,296 Frw