Hatashywe Umuyoboro w'amazi

Kuri uyu wa 22/06/2021, mu Murenge wa Mubuga, habereye igikorwa cyo gutaha umuyoboro waRubazo- Gasata- Gashinge -Mubuga

Umushyitsi Mukuru muri iki gikorwa ni Umuyobozi w’Intara y’Iburengerazuba, Bwana Habitegeko Francois, ari kumwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Iburengerazuba bakaba barakiriwe n’Umuyobozi w’Akarere, Mukarutesi Vestine

Umuyoboro watashywe watangiriwe kubakwa muri  2020

Ufiteuburebure wa 44.2Km, utanga 332 m3 ku munsi, ukaba ugeza amazi mu mirenege ya

- Runkuba mu Tugali twa ( Rubazo , Nyarusanga na Gasata-)

- Mubuga mu tugali twa  ( Ryaruhanga, Murangara na Nyagatovu)

- Gishyita mu Kagali ka. (Musasa)

Abaturage umuyoboro  ugezaho amazi  ni 16,508, ukaba ufite agaciro  kangana na: 454, 483,296 Frw

Back